Kamonyi-EPR/Compassion: Imiryango 15 itishoboye yahinduriwe imibereho igabirwa Inka
Imiryango 15 itishoboye yo mu Murenge wa Rukoma ho mu Karere ka Kamonyi yagabiwe Inka 15 n’itorero...
Nyarubaka-Kwibuka32: Abantu nka Mukangango nti bazongera kubona umwanya n’ijambo muri iki gihugu cyacu-Visi Meya Uzziel
Ibibondo, Impinja, Abana b’Abahungu basaga 100 bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,...
Kamonyi-EP Gishari: Abagize urwego rwa DASSO baremeye abana 10 bari barataye ishuri(Drop-Out)
Abagize urwego rwunganira Akarere mu gucunga Umutekano(DASSO), bahaye ubufasha bw’ibikoresho...
Ngamba-Kwibuka32: Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi barashima ko gusaba kwabo kumviswe nyuma y’imyaka 32
Ubuyobozi n’Abaturage b’Umurenge wa Ngamba hamwe n’ababatabaye mu Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside...
Kamonyi-Kwibuka32: Urugaga rw’Abikorera/PSF rwiyemeje kubakira abarokotse Jenoside batishoboye, inzu 4
Abagize urugaga Nyarwanda rw’abikorera/PSF mu karere ka Kamonyi kuri uyu wa 08 Gicurasi 2026...
Runda: Abanyerondo 270 barimo Abagore 13 bambitswe impuzankano(Uniform)nshya, basabwa kudakangwa n’Abanyabyaha
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Runda ho mu karere ka Kamonyi, kuri uyu wa 07 Gicurasi 2026 batangiye...
Mu itangazamakuru haracyarimo icyuho ku gukora inkuru ku ngengo y’Imari- Fulgence/FOJO
0Mu mahugurwa yateguwe na FOJO Media Institute mu mushinga wayo wa Rwanda Media Program agamije...
Musambira-Kwibuka32: Guha uwishwe Uburuhukiro bwa nyuma ni intambwe ikomeye mu komora ibikomere by’abakiriho- Benedata Zacharie/Ibuka
Perezida wa Ibuka mu karere ka Kamonyi, Benedata Zacharie yabwiye Abanyamusambira n’ababatabaye...